Ubuhanzi n'Umuco
Kubumbatira umurage, Gukangura guhanga
Ashton small (Kagarara) Yishimiye Bwa Mbere Kugenda muri Private Jet Ari Kumwe na Ashton Hall
Nyuma yo kugera muri Nigeria, Ashton small (Kagarara) yavuze ko kugendera muri private jet ari ubwa mbere bimubayeho, anashimira cyane uburyo Ashton Hall amwitaho ndetse amufata nk'umuvandimwe mu rugendo rwabo ruzenguruka Afurika.
Byagenze gute gugirango Umwana avukane amaboko ane namaguru ane mu 2014
Umwana wumuhungu wavukiye muri Leta ya West Bengal mu Buhinde, yavukanye amaboko ane namaguru ane, ibintu byatumye abantu benshi bamwitaga God-Boy (Umwana wImana), bamwe batangira kumufata nkigitangaza cYidini.
dosiye iregwamo Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza yoherejwe mu Bushinjacyaha tariki 29 Kamena 2026
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira Thierry yatangaje ko dosiye iregwamo Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza yoherejwe mu Bushinjacyaha tariki 29 Kamena 2026
Ubukwe bwapfuye nyumayuko umugabo avumbuye ifoto yumugorewe atumagura urumogi.
Ubukwe bwari buteganyijwe kubera muri Leta ya Imo muri Nigeria bwahagaritswe nyuma y’uko umukwe abonye ifoto ishaje ku mbuga nkoranyambaga y’umukunzi we agaragara anywa urumogi ruzwi nka “Canadian Loud”.Nkuko amakuru abitangaza, umukwe yabonye iyo foto ubwo yarimo areba amafoto n’ibyo umukunzi we yashyize kuri Facebook mu minsi mike mbere y’ubukwe.
Ubwoko bushya bwa dinosaur nini bwavumbuwe muri Thailand
Ubwoko bushya bwa dinosaur nini ifite ijosi rirerire bwamenyekanye nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe ibisigazwa byayo byabonetse muri Thailand.
NASA yohereje mwisanzure abahanga bane mubushakashatsi butigeze bubaho.
Muri urwo rugendo bazagerageza ubushobozi bwa Orion, bajya kure cyane mu isanzure kurusha aho umuntu uwo ari we wese yigeze agera.
Bad Rama Yasohowe mu Gitaramo cya Ruti Joel cyabereye muri America ( USA )
Uretse Ruti Joel wari watumiwe nk’umuhanzi mukuru, na TMC wahoze mu itsinda rya Dream Boys yagaragaye muri icyo gitaramo. Yatunguranye aririmbira abafana zimwe mu ndirimbo zakunzwe cyane igihe yari akiri muri iryo tsinda, ibintu byashimishije benshi bari bitabiriye icyo gitaramo.
Vybz Kartel biteganyijwe ko azataramira i Kigali ku wa 2 Gicurasi 2026
Umwami wa Dancehall ku Isi, Vybz Kartel, biteganyijwe ko azataramira mu Rwanda ku wa 2 Gicurasi 2026, mu gitaramo kizabera muri BK Arena mu iserukiramuco rya Talanta Afrika Festival.
Rambasol yashyize hanze indirimbo “Sembera”, yavuze ko yayishoyemo menshi anateganya media tour mu Rwanda na Kenya
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Inyandiko Media, umuhanzi Rambasol yagarutse ku ndirimbo ye nshya “Sembera” ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri rusange.
Rambasol yashyize hanze indirimbo “Sembera”, yavuze ko yayishoyemo menshi anateganya media tour mu Rwanda na Kenya
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Inyandiko Media, umuhanzi Rambasol yagarutse ku ndirimbo ye nshya “Sembera” ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri rusange.
Gloria Mukamabano yasobanuye impamvu yasezeye kuri RBA
Mukamabano yahisemo gutangira ubuzima bushya, yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gusanga umugabo we.
Bimwe mu byo wakwitega kuri album ya gatatu ya Kivumbi King
Album nshya ya Kivumbi King iteganyijwe gusohoka muri Gicurasi 2026, iri mu mishinga iri gutegerezanyijwe amatsiko menshi, cyane ko yitezweho ibintu byinshi bishya no gukomeza kuzamura urwego rw’umuziki we.